Minisiteri y’Uburezi yatangije gahunda y’uburyo bw’isuzumabumenyi mpuzamahanga ku banyeshuri bafite imyaka 15 muri gahunda yitwa PISA (Programme for international student assessment) 2025. Ibi ngo ...
U Rwanda rukomeje kwitegura isuzuma mpuzamahanga ryitwa PISA [Programme for International Student Assessment] rizaba muri uyu mwaka, aharebwa uko uburezi bwarwo buhagaze ubugereranyije n'ahandi ku Isi ...
Umuryango w'Abibumbye washimye u Rwanda uburyo rwakiriye rukanafasha abakozi bawo bakoreraga mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, baje barugana bahunga imirwano ...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), kibukije Abanyarwanda by’umwihariko urubyiruko kuzirikana ko icyorezo cya SIDA ntaho cyagiye, gishimangira ko uburyo bumwe bwizewe bwo kucyirinda ari ...
Ingabo z’Umuryango w’Ubukungu wa Afurika y’Amajyepfo ziri mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, zemerewe gutahana intwaro zazo n’ibikoresho, kandi AFC/M23 igafasha mu ishyirwa mu ...
Minisitiri w'Ingabo, Juvenal Marizamunda, ari kubarizwa muri Brazil aho ari kugirira uruzinduko rw'akazi rw'iminsi ine ku butumire bwa mugenzi we, Jose Mucio Monteiro Filho. Ni amakuru yatangajwe na ...
Abantu barenga ibihumbi 130 bategetswe kwimukira ahadashyira ubuzima bwabo mu kaga nyuma y’uko Umujyi wa Los Angeles muri Leta ya California, ukomeje kwibasirwa n’inkongi y’umuriro. CNN yanditse ko ...
Abayobozi b’Ibigo nderabuzima mu Ntara y'Amajyepfo, basabye Ikigo cy'igihugu cy'ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB kujya cyishyurira babyeyi bitegura kubyara bagana ibigo nderabuzima, bashyirwa muri ...
Abagize ihuriro ry'abashakashatsi n'inararibonye mu nzego zitandukanye zirimo iz'umutekano, siyansi n'ubuzima, baremeza ko ubufatanye ari ingenzi kugira ngo bahore biteguye guhangana n’icyahungabanya ...
‎Ababyeyi n'abana bo mu Ntara y’Amjayepfo ntibavuga rumwe ku kibazo cy’abana bakomeje guta ishuri, gusa ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo ku bufatanye n’inzego zibanze n’ibigo by’amashuri hari ingamba ...
U Rwanda rugiye kongera ubushobozi bw’ibigega bizigama ibikomoka kuri peteroli aho bizava kuri litiro miliyoni 66.4 zikoreshwa mu kwezi kumwe gusa bikagera kuri litiro miliyoni 334 zikoreshwa mu mezi ...