Bamwe mu bahinzi bo mu ntara y’uburasirazuba barataka igihombo gikomeye batewe n’ishoramari bari bakoze mu gihingwa kitamenyerewe mu Rwanda cya Chia seeds. Ni igihingwa abahinzi bashoyemo ...
Yizihiza imyaka 20 ibayeho, 'Trace Awards Festival', imurikamuco rishingiye k’ubuhanzi na muzika y’imizi ny’Africa, yashimishije benshi, kuva i Kigali. Kabaye akaryo ko kumurika abahanzi b ...