Mu Ukuboza (12) gushize, Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko igihugu cye gishaka kwakira grand prix ubwo i Kigali haberaga inama y'ubutegetsi ya FIA urwego rugenzura isiganwa rya F1 ...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yerekanye ko iterambere ry’ikoranabuhanga n’ibikorwaremezo bijyana naryo, ryafashije mu kongera umubare w’ibigo by’imari bitanga serivisi hifashishijwe ...
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bari mu bitabiriye iki gitaramo. Mu ndirimbo nka “All of Me”, “Love Me Now”, “Like I’m Gonna Lose You” yakoranye na Meghan Trainor, n’izindi, uyu ...