Formula 1 ivuga ko irimo "gukurikiranira hafi" intambara mu burasirazuba bwa DR Congo bigendanye no kuba u Rwanda rwarasabye ...
Afurika y'Epfo ishinja u Rwanda na M23 uruhare mu rupfu rw'abasirikare bayo bagera kuri 13 baguye i Goma no mu nkengero zayo, u Rwanda ruvuga ko bishwe n'ingabo za leta ya Congo.
Kuri uyu munsi kandi Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bunamiye Intwari z’u Rwanda, banashyira indabo ku kimenyetso cy'ubutwari kiri ku Gicumbi cy’Intwari i Remera mu Mujyi wa Kigali.
Insiguro y'isanamu, Afurika y'Epfo n'u Rwanda byagiye bishyamirana mbere mu mibanire kubera amakimbirane mu burasirazuba bwa DR Congo 30 Ukwa mbere 2025 Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yasubije ...
Hagati aho, Perezida Felix Tshisekedi wa Congo ntiyitavye iyi nama yari gutuma ahura na mugenziwe w'Urwanda Paul Kagame basanzwe barabana urunuka kubera iyi ntambara. Hari amanama atari make ...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye mugenzi we wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé uri mu ruzinduko rw'akazi mu Rwanda. bagirana ibiganiro ku ngingo zitandukanye. Ibi biganiro byabereye mu ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results