Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Minisiteri y’Uburezi yatangije gahunda y’uburyo bw’isuzumabumenyi mpuzamahanga ku banyeshuri bafite imyaka 15 muri gahunda yitwa PISA (Programme for international student assessment) 2025. Ibi ngo ...
U Rwanda rukomeje kwitegura isuzuma mpuzamahanga ryitwa PISA [Programme for International Student Assessment] rizaba muri uyu mwaka, aharebwa uko uburezi bwarwo buhagaze ubugereranyije n'ahandi ku Isi ...
Abiga mu mashuri ya muzika mu Rwanda, bagaragaza ko bafite inyota yo kuwukora kinyamwuga kugira ngo uzabateze imbere bahuza impano bifitemo n'ubumenyi bakura mu ishuri. Ingabire Fresh na Ishimwe ...
Umuryango w'Abibumbye washimye u Rwanda uburyo rwakiriye rukanafasha abakozi bawo bakoreraga mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, baje barugana bahunga imirwano ...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yakiriye Lord Irvine Laidlaw uyobora Ikigo Shema Power Lake Kivu Limited cyatangije umushinga wo kubyaza amashanyarazi Gaz Méthane mu Kivu, bagirana ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results