Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...
Abayobozi b’Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania zikorera mu bice bihana imbibi n’ibihugu byombi bahuriye i Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba. Iyi nama ya 12 yigiwemo ingamba zo ku kurushaho kunoza ...
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yasabye abagera ku 4562 basoje amasomo mu Ishuri ry’Imyuga, Tekinike n’Ubumenyingiro, RP (Rwanda Polytechnic) kurangwa n’indangagaciro no kubyaza umusaruro ...
‎Ababyeyi n'abana bo mu Ntara y’Amjayepfo ntibavuga rumwe ku kibazo cy’abana bakomeje guta ishuri, gusa ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo ku bufatanye n’inzego zibanze n’ibigo by’amashuri hari ingamba ...
Minisitiri w'Ingabo, Juvenal Marizamunda, ari kubarizwa muri Brazil aho ari kugirira uruzinduko rw'akazi rw'iminsi ine ku butumire bwa mugenzi we, Jose Mucio Monteiro Filho. Ni amakuru yatangajwe na ...
U Rwanda rugiye kongera ubushobozi bw’ibigega bizigama ibikomoka kuri peteroli aho bizava kuri litiro miliyoni 66.4 zikoreshwa mu kwezi kumwe gusa bikagera kuri litiro miliyoni 334 zikoreshwa mu mezi ...
Bamwe mu barimu n'abayobozi b’ibigo by’amashuri byo mu Murenge wa Gacaca mu Karere ka Musanze, batangaje ko babangamiwe n'ubucucike bugaragara mu byumba by'amashuri, bavuga ko bikoma mu nkokora ...
Kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye, hasorejwe imikino y'Umurenge Kagame Cup 2025, ku rwego rw'intara y'Amajyepfo ,aho abatwaye ibikombe biyemeje guhagararira neza iyi ntara ku rwego rw'Igihugu. Umurenge ...
Ingabo z’Umuryango w’Ubukungu wa Afurika y’Amajyepfo ziri mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, zemerewe gutahana intwaro zazo n’ibikoresho, kandi AFC/M23 igafasha mu ishyirwa mu ...
Mu Rwanda hatangijwe umushinga yo guha amahugurwa urubyiruko ibihumbi 20, rwifuza kumenya ibijyanye n’ikoranabuhanga ryahindura ubuzima bwarwo. Ni gahunda yatangijwe ku bufatanye n’inzego zitandukanye ...
U Rwanda rukomeje kwitegura isuzuma mpuzamahanga ryitwa PISA [Programme for International Student Assessment] rizaba muri uyu mwaka, aharebwa uko uburezi bwarwo buhagaze ubugereranyije n'ahandi ku Isi ...